ICYUMERU CYA30 MU BYUMWERU BISANZWE
28 ukwakira 2007
Sir 35,15b-17.20-22a
2 Tim 4,6-8
Lk 18,9-14
Abagabo bariri bagiye mu Ngoro gusenga, umwe yari umufarizayi undi ari umusoresha. Umwe aremarara ati: ndagushimra Nyagasani kuko ntari nka bariya bose b’abanyabyaha. Nkurikiza mategeko kandi ngatanga ituro. Undi ntiyatinyuka no kubura amaso, akikomanga mu gituza ati: ngirira imbabaza Nyagasani kuko ndi umuntu w’umunyabyaha. Ngo uwiyitanga intungane yatahiye aho naho umunyabyaba aronka imbabazi. Iri somo rirenze kumvikana. None se ko nyine umufarizayi yari intungane hari ikindi Imana yari kumumarira? Umusoresha we yamenye uko ari maze asaba Imana ko imugirira imbabazi. Wenda umufarizayi yavugaga ukuri, ariko ntacyo byamumariye kujya kwipima n’abandi imbere y’Imana. Umwanditsi w’igitabo cya Mwene Siraki atwibutsa ko Imana itareba igihagararo kandi idapfobya isengesho ry’uyitakira. Aha twakwibuka ko ku cyuweru gishize Yezu yadusabaga gusenga ubutarambirwa. Uyu munsi rero aratwigisha ko gusenga nyakwo atari ukujya kuratira Imana ko tutameze nk’abandi. Niyo ya mbere ibizi kuko niyo yaturemye. Kuyibwira ko turusha abandi kwigira intungane, usibye kwibeshyera, nta kindi bitwungura. Iyo tugeze n’aho tuvuga ngo ntinturi nk’abandi ho tuba twarengereye cyane. Ubwo se ko Iyakaremye ari yo ikamena, tuba dushingiye kuki ngo twemeze ko tutameze nk’abandi? Ubundi turinda twivuna tujya mu Ngoro cyangwa mu Kiriziya tujyanwe no kwivuga ibigwi, twahiniye bugufi tukabyamamaza wenda mu binyamakuru ko ari bwo twamenyekana vuba. Nta nyungu rero kuba umufarizayi mu isenegsho. Wenda twakabaye we mu bikorwa: koko tugasiba kurya, ntitwanduranye, ngo twibe dusambane, dupfe nabi kandi tukitangira ibikorwa by’ineza n’ubutabera. Maze twagera imbere y’Imana tukibuka ko ntacyo dutunze tutahawe, aho kwikuza, tugacisha make, tugapfukama tukayitakambira ngo itugirire imbabazi. Tukaba umusoresha aari imari dushyira abaromani, ahubwo tugasaba Imana ko idusanasana. Ubwo ga ngo birenge ni wowe ubwira. Yezu ntashaka kutubuza kujya mu Ngoro, gusa agambiriye kuturinda ko twahajyanwa n’ubusa. Niwe utwakira, kugendera ku mabwiriza ye ni ukwizigamira.
Inscription à :
Publier les commentaires (Atom)
Rechercher dans ce blog
umuryango wa Thomas
MUSENYERI N'URUNGANO
MUSENYERI ASURA ABARWAYI
MUSENYERI ASURA ABARWAYI
MUSENYERI ASURA ABARWAYI
VISITE PASTORALE
musenyeri asura abarwayi
VISITE PASTORALE
musenyeri asura Villa Samuel
VSITE PASTORALE
MUSENYERI ARAMUTSA UBUYOBOZI
VISITE PASTORALE
ORCHESTRE Y'ISHURI RYISUMBUYE
visite pastorale
ishuri ribanza
visite pastorale
ishuri ribaza
visita pastorale
visite pastorale
imbaga yari yaje gusanganira musenyeri
Visite pastorale
abana n'abakateshisti
Visite pastorale
UMUTAMBAGIRO W'ABANA
Visite pastorale
accueil
ordination dell'abbé Claude Mutabazi
foto y'abavandimwe
amafoto
ishusho ya Bikira Mariya
amafoto yo mu Rwanda
igitoki cya poyo
amafoto yo mu Rwanda
umurima w'ibijumba
amafoto yo mu Rwanda
umurima w'amasaka
amafoto yo mu Rwanda
ubusitani
amafoto yo mu Rwanda
amwe mu mazu y'i Kigali
amafoto yo mu Rwanda
abana b'i Kiruhura mu missa
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
Corpus Domini2008
umutambagiro
Corpus Domini2008
umutambagiro
Corpus Domini2008
umutambagiro
Corpus Domini
umutambagiro
Corpus Domini
umutambagiro
Corpus Domini
umutambagiro
Corpus Domini 2008
inkongoro
ikirugu
P Santa Maria Assunta in Gagliano
IKIRUGU
YOZEFU YAKIRA MARIYA NG BABANE NYUMA Y'IBONEKERWA MU NZOZI
SPELLO (UMBRIA)
ABAKRISTU BITEGURA UMUNSI MUKURU 'ISAKARAMENTU RITAGATIFU
GAGLIANO YA CATANZARO
URUBYIRUKO
PARUWASE YITIRIWE BIKIRA MARIYA AJYANWA MU IJURU
kiriziya ya mut Patero i Roma
COLOSEO: AHO ABAKRISTU BA MBERE BAHOWE IMANA
ITAMBAGIZA RY'ISAKARAMENTU RITAGATIFU MURI PARUWASE YA BIKIRA MARIYA AJYANWA MU IJURU
GAGLIANO MURI CATANZARO
MURI PARUWASE HABA UMUSABANO N'ABAKRISTU

UBUSITANI BWO MURI LETA YA VATIVANI
ROMA
SANCTUAIRE DE SAN AMBROISE
GUBBIO (UMBRIA)
BASILIKA YA MUTAGATIFU FRANSISIKO
ASSISI (UMBRIA)
Archives du blog
Qui êtes-vous ?
ikaze
mbifurije ikaze. Ndifuza gusangira namwe ibitekerezo cyane cyane ibijyanye n'ukwemera, inama zinyuranye mu myitwarire, utuntu n'utundi,...
Imana ibahe umugisha.
ERMO DELLE CARCERI
ASSISI
abapadiri mu gitambo cya missa bishimira Imana
orduantion dell'Abbé Claude Matabazi
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire