dimanche 26 juin 2011

UMUNSI W'ISAKARAMENTU RITAGATIFU RY'UKARISITIYA 2011A

UMUNSI W'ISAKARAMENTU RITAGATIFU RY'UKARISITIYA A
26 kamena 2011




Ivug 8,2-3.14-16)
1Kor 10,16-17
YH 6,51-58
Turahimbaza umunsi mukuru w'Isakaramentu Ritagatifu ry'Ukarisitiya: Kristu Funguro ryacu yaratwitangiye ngo turonke ubugingo bw'iteka. Urya umubiri we akanywa amaraso ye, aronka ubuzima kandi abeshwaho nawe kuko umubiri we ni ikiribwa nyacyo n'amaraso ye akaba ikinyobwa gitanga ubugingo. Amasomo y'uyu munsi aribanda ku ngingo yo kwibutsa abayobotse Kristu uko Imana ibakunda. Igitabo cy'Ivugururamategeko kitwibutsa amagambo ya Musa ubwo yahanuraga umuryago wa Isiraheli ati: ibuka uko Imana yagutunze mu butayu, akaguha mana n'amazi avubutse mu rutare, ikakurinda kugeza utashye mu gihugu cy'isezerano. Ni mu magambo yenda gusa n'ayo, umwanditsi w'ivanjiri Yohani atubwira amagambo ya Yezu ubwo yamaraga gutubura imigati: ifunguro nyaryo ni umubiri wanjye naho ikinyobwa kimara koko inyota ni amaraso yanjye. Ibi kandi si amagambo gusa kuko Kristu yaratwitangiye ku musaraba ngo atugire umuryango umwe ubesheshweho n'ineza ye. Pawulo mutagatifu niwe ubishimangira mu ibaruwa yandikiye abanyakorinto, ati: iyo duhabwa umubiri wa Kristu tukanywa ku nkongoro y'amaraso ye tuba twunze ubumwe nawe, tukarema umuryango umwe ari wo mubiri wa Kristu. Aha rero harakomeye cyane: Kiriziya, umubiri wa Kristu si ishyirahamwe twihangiye dushobora kuhindura cyangwa tukaba twarisesa tukagabana imigabane; Kiriziya si umwihariko w'abafata imyanya ya mbere cyangwa ababa bitwaza ko hari imirimo bashinzwe cyangwa bakora; Kiriziya si za nkuta z'inzu itatse neza irangwa n'umunara muremure n'inzongera inihira yibutsa abakristu kuramya Imana; Kiriziya si umwihariko w'ababatijwe baba abihatira gukurikiza amategeko y'Imana cyangwa aba bari mu bitabo bya paruwase gusa; Kiriziya ni Kristu ubwe nyirizina, Jambo w'Imana utwunga nayo mu gitambo yatuye Se ku musaraba ngo tubabarirwe ibyaha; Kiriziya ni Kristu mu ngingo z'umbiri we, aho buri wese muri twe, yaba ugize umuryango ugaragara wa Kiriziya cyangwa se n'usengera Imana mu bundi buryo akaba yihatira kuyimenya, kuyikunda no kuyikundisha abayo. Kiriziya ni umuryango w'abemera ko Imana ari yo soko y'ubuzima nyabwo kandi bakihatira kubigaragaza bakundanda hagati yabo. Umunsi rero duhimbaza none, uretse kuba ikimenyetso cyo kugaragaza ukwemera kwacu (bitari gusa guhindira ngo turate ubwinshi bw'abakristu cyangwa urudini) ni n'umwanya wo kunagura ubuyoboke dufitiye Imana, ubuyoboke bushingiye mu gukurikiza amategeko yayo gukundana hagati yacu nk'uko Kristu yadukunze akanabidutoza. Ibi byatuma amagambo padiri avuga mu gitambo cya misa igira koko agaciro kayo: mwakire murye, iki ni umubiri wanjye; mwakire munywe, aya ni amaraso yanjye. Nk'uko mu butayu abayisiraheli bahagishwe na mana, bakaramirwa n'amazi avubutse mu rutare, n'ubu abakristu bahazwa n'umubiri wa Kristu n'amaraso. Iyo padiri ahereza umugati na divayi akavuga ngo ni umugati na divayi byavuye mu murimo w'amaboko y'abantu, aba asaba Imana ko imbuto y'umurasuro wacu igihe ihinduka umubiri wa Kristu, abantu twese tuba tubaye umwe na Kristu mu kimenyetso cy'umugati na divayi. Aha rero hatuma imihimbazo ya kiriziya ihinduka kuko ihuriro ry'abagize isi ku buryo guhera aho izuba rirasira kugeza aho rirengera, mu majyepfo no mu majyaruguru, abantu bose baba bahuje isengesho kandi bakagaburirwa ifunguro rimwe. Imbibi zose muri Ukarisitiya zarakuwe, isi n'abayituye ni Kristu, Muryango mugari w'abemera. Ibi bibyara ubufatanye hagati ya za kiriziya, haba mu buzima bwa roho n'ubw'umubiri. Kuko Kiriziya ariyo Mubiri wa Kristu ishingiye kuri Kristu utwihamagarira. Si twe duhitamo abo duhurira nabo mu misa cyangwa mu isangira ritagatifu yewe n’ibyo dusangira sitwe tuza tubyikorere: ameza matagatifu aba yaduteguriwe ku buntu bw’Imana. Abemera duhamagarairwa kwakira ako gakiza duhabwa Kristu. Amen tuvuga twakira Kristu ni ikimenyetso cy’uko tuba twemeye ko wo duhabwa ari Umukiza n’umucunguzi wacu. Bikatuviramo impamvu yo kugana ameza matagatfu twisukuye kuko nta gupfa guhomerera. Uhawe Yezu kandi yihatira kugenza nkawe. Si uguhazwa mu Kiriziya ngo nyuma twibereho uko twishakiye. Umunsi duhimbaza udufashe kunagura ukwemera kwacu: duhabwe Umucunguzi, twemere ko atura iwacu, atwiyoborere kandi aduhe imbaraga zo kumukundisha abandi.

Aucun commentaire:

Rechercher dans ce blog

umuryango wa Thomas

umuryango wa Thomas

MUSENYERI N'URUNGANO

MUSENYERI N'URUNGANO

MUSENYERI ASURA ABARWAYI

MUSENYERI ASURA ABARWAYI

MUSENYERI ASURA ABARWAYI

MUSENYERI ASURA ABARWAYI

MUSENYERI ASURA ABARWAYI

MUSENYERI ASURA ABARWAYI

VISITE PASTORALE

VISITE PASTORALE
musenyeri asura abarwayi

VISITE PASTORALE

VISITE PASTORALE
musenyeri asura Villa Samuel

VSITE PASTORALE

VSITE PASTORALE
MUSENYERI ARAMUTSA UBUYOBOZI

VISITE PASTORALE

VISITE PASTORALE
ORCHESTRE Y'ISHURI RYISUMBUYE

visite pastorale

visite pastorale
ishuri ribanza

visite pastorale

visite pastorale
ishuri ribaza

visita pastorale

visita pastorale

visite pastorale

visite pastorale
imbaga yari yaje gusanganira musenyeri

Visite pastorale

Visite pastorale
abana n'abakateshisti

Visite pastorale

Visite pastorale
UMUTAMBAGIRO W'ABANA

Visite pastorale

Visite pastorale
accueil

ordination dell'abbé Claude Mutabazi

ordination dell'abbé Claude Mutabazi
foto y'abavandimwe

amafoto

amafoto
ishusho ya Bikira Mariya

amafoto yo mu Rwanda

amafoto yo mu Rwanda
igitoki cya poyo

amafoto yo mu Rwanda

amafoto yo mu Rwanda
umurima w'ibijumba

amafoto yo mu Rwanda

amafoto yo mu Rwanda
umurima w'amasaka

amafoto yo mu Rwanda

amafoto yo mu Rwanda
ubusitani

amafoto yo mu Rwanda

amafoto yo mu Rwanda
amwe mu mazu y'i Kigali

amafoto yo mu Rwanda

amafoto yo mu Rwanda
abana b'i Kiruhura mu missa

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008
umutambagiro

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008
umutambagiro

Corpus Domini2008

Corpus Domini2008
umutambagiro

Corpus Domini

Corpus Domini
umutambagiro

Corpus Domini

Corpus Domini
umutambagiro

Corpus Domini

Corpus Domini
umutambagiro

Corpus Domini 2008

Corpus Domini 2008
inkongoro

ikirugu

ikirugu
P Santa Maria Assunta in Gagliano

IKIRUGU

IKIRUGU

YOZEFU YAKIRA MARIYA NG BABANE NYUMA Y'IBONEKERWA MU NZOZI

YOZEFU YAKIRA MARIYA NG BABANE NYUMA Y'IBONEKERWA MU NZOZI
SPELLO (UMBRIA)

ABAKRISTU BITEGURA UMUNSI MUKURU 'ISAKARAMENTU RITAGATIFU

ABAKRISTU BITEGURA UMUNSI MUKURU 'ISAKARAMENTU RITAGATIFU
GAGLIANO YA CATANZARO

URUBYIRUKO

URUBYIRUKO
PARUWASE YITIRIWE BIKIRA MARIYA AJYANWA MU IJURU

kiriziya ya mut Patero i Roma

kiriziya ya mut Patero i Roma

COLOSEO: AHO ABAKRISTU BA MBERE BAHOWE IMANA

COLOSEO: AHO ABAKRISTU BA MBERE BAHOWE IMANA

ITAMBAGIZA RY'ISAKARAMENTU RITAGATIFU MURI PARUWASE YA BIKIRA MARIYA AJYANWA MU IJURU

ITAMBAGIZA RY'ISAKARAMENTU RITAGATIFU MURI PARUWASE YA BIKIRA MARIYA AJYANWA MU IJURU
GAGLIANO MURI CATANZARO

MURI PARUWASE HABA UMUSABANO N'ABAKRISTU

MURI PARUWASE HABA UMUSABANO N'ABAKRISTU

UBUSITANI BWO MURI LETA YA VATIVANI

UBUSITANI BWO MURI LETA YA VATIVANI
ROMA

SANCTUAIRE DE SAN AMBROISE

SANCTUAIRE DE SAN  AMBROISE
GUBBIO (UMBRIA)

BASILIKA YA MUTAGATIFU FRANSISIKO

BASILIKA YA MUTAGATIFU FRANSISIKO
ASSISI (UMBRIA)

Archives du blog

Powered By Blogger

ikaze

mbifurije ikaze. Ndifuza gusangira namwe ibitekerezo cyane cyane ibijyanye n'ukwemera, inama zinyuranye mu myitwarire, utuntu n'utundi,... Imana ibahe umugisha.

ERMO DELLE CARCERI

ERMO DELLE CARCERI
ASSISI

abapadiri mu gitambo cya missa bishimira Imana

abapadiri mu gitambo cya missa bishimira Imana
orduantion dell'Abbé Claude Matabazi

ermo si San Vitaliano

ermo si San Vitaliano

Caserta

Caserta

reggia di Caserta

reggia di Caserta

Ukarisitiya ya mbere

Ukarisitiya ya mbere

Ukarisitiya ya mbere

Ukarisitiya ya mbere

Ukarisitiya ya mbere

Ukarisitiya ya mbere

ukarisitiya ya mbere

ukarisitiya ya mbere